Abanyarwanda beshi baraye bakurikiranye umukino wa nyuma wa champions league aho FC Barcelone yandagaje ikipe ya Man u yasaga nifite abafana beshi kuri uyu mugoroba bitewe nuko hari abafana bandi makipe bamaze kurambirwa kubona Barca itsinda gusa idatsirwa.
Ariko ibyo twaraye tubonye barambirwa batarambirwa baracyafite igihe bareba Barca itsinda kabisa.
No comments:
Post a Comment