Ku munsi wejo abaganga ba FIFA bapimye abakinnyi bane b’Amavubi U17 Marcel Nzarora, Eugène Habyarimana, Steven Ntalibi na Eric Nsabimana kugirango barebe niba batarengeje imyaka 17 nkuko byakozwe no mu yandi makipe yose ari mu gikombe cy’ Isi, ibisubizo bikaba byaragaragaje ko aba bakinnyi bari munsi y’ imyaka 17 nkuko amategeko abigena kugirango ubashe kugaragara muri iyi mikino.
ibi bikaba byarabaye ku bakinnyi bagiye batomborwa mu makipe yose ari muri Merxico.
No comments:
Post a Comment